20.7 C
Kigali
Tuesday, November 28, 2023

UR Vice-Chancellor, Prof Alexandre Lyambabaje, also a sports person, has resigned for retirement

Prof Alexandre Lyambabaje has been a Vice-Chancellor of the University of Rwanda and has resigned for retirement after fourteen months in that position. His retirement...

Kaminuza y’ u Rwanda yatsinze mpaga y’ibitego bitatu ku busa

Ku itariki ya 23 Ukuboza, ikipe y'umupira w'amaguru ya Kaminuza y'u Rwanda Ishami rya Huye (UR-Huye Football Club) yatsinze ibitego bitatu (kuri mpaga) itahana...

Kaminuza y’u Rwanda: Ikibazo cy’ikarita ya resitora kigiye gukemuka

  Bamwe mu banyeshuri ba Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye, bafatira amafunguro muri resitora zikorera imbere muri kaminuza baratangaza ko babangamiwe  n’ikibazo cyo kwangirwa...

Kaminuza y’u Rwanda – Rusizi biyemeje kudaha akato abarwayi bo mu mutwe

Abanyeshuri biga muri kaminuza y'u Rwanda ishami rya Rusizi biyemeje kudaha akato abarwayi bo mu mutwe no gushyira imbaraga mu bukangurambaga bugamije kwita ku...

Imbamutima z’abiga Ubugeni,Ubuvanganzo n’Iyigandimi byagaruwe muri UR nyuma y’imyaka itatu bihagaritswe

  Akanyamuneza ni kose ku banyeshuri biga Ubugeni,Ubuvanganzo n’Iyigandimi muri Kaminuza y’u Rwanda (UR) Ishami rya Huye, nyuma y’uko ayo mashami yari yarahagaze kuva mu...

HDI yaganirije abanyeshuri ba UR ku kwirinda inda zitateganyijwe

Kaminuza y’u Rwanda   ku bufatanye   n’Umuryango udaharanira inyugu Ugamije kwegereza Abaturarwanda serivisi z’ubuvuzi zinoze,Health Development Innitiative(HDI), baganirije abanyeshuri biga mu Ishami rya Huye ku...

Akanyamuneza mubanyeshuri kubw’inguzanyo idashingiye ku cyiciro cy’ubudehe

Bamwe mu banyeshuri biga muri Kaminuza y’u Rwanda, bishimiye ko inguzanyo yo kwiga bahawe hadashingiwe ku byiciro by’ubudehe, izabafasha kwiga nta nzitizi. Umwaka wa 2021,...

Imyitozo ngororamubiri ifasha kurushaho kunoza imyigire

Ni mu masaha ya saa kumi n'imwe z'umugoroba nyuma y'amasomo. Aho ni muri Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye. Bamwe mu banyeshuri bari mu...

Why the youth commit self-harm

Google photo by Steve Mushero At least 20 million people, globally, are affected by the chronic mental illness that cause distortion in hallucinations thinking, according...

Skills Rwanda at boosting job opportunities for UR’s students and graduates.

  On Thursday 20th May, some UR students from different campuses and graduates attended a virtual program prepare by skills Rwanda, which is owned by...